Radioitahuka

IMIRYANGO MPUZAMAHANGA 23 IDAHARANIRA INYUNGU IRATABARIZA ABANYARWANDA

Informações:

Sinopsis

1.Habura iminsi 10 ngo inama y’abakuru b’ibihugu na za gvt z’ibihugu bigize umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza CHOGM iteranire i Kigali mu Rwanda. Imiryango mpuzamahanga 23  idaharanira inyungu iratabariza abanyarawanda kubera ihonyorwa ry’uburenganzira bwa muntu mu Rwanda,  ikanerekana ibikwiye guhinduka. Iyi miryango iramagana  kubika umutwe bikorwa n’ibihugu bigize umuryango wa Commonwealth, cg se kuruca ukarumira imbere y’ihonyorwa ry’uburenganzira bwa muntu mu Rwanda, ikintu iyi miryango ivuga ko gishobora gutesha agaciro umuryango wa Commonwealt. 2.Mu gihe ibiciro  by‘ibiribwa byatumbagiye bikagera hafi 16% muri Gicurasi 2022 kandi Leta ivugako izamuka ry’ibiciro ryakwihanganirwa ari 5%, mu gihe kandi NISR mu kigeranyo cyayo ku mibereho y’ingo cyo ku mu Kuboza 2018 yasobanuye ko  kutagabanuka k’ubukene hagati ya 2014-2017 kwaturutse ku biciro by’ibiribwa byatumbagiye, 70% y’ubukene bikaba biterwa n’ibiciro by’ibiribwa biri hejuru, mu gihe kandi Banki y’Isi yagaragaje ko mu Rwanda aba