Radioitahuka

U RWANDA NGO NI URWAMBERE MU BIHUGU BY'AFRICA BIHAGAZE NEZA MU BUHINZI

Informações:

Sinopsis

1.U Rwanda rurivuga imyato ko ari urwa mbere ku mugabane wa Afurika mu gushyira mu bikorwa amasezerano "Malabo Declaration"  yo kwihutisha kwihaza mu biribwa. a.Icyerekezo cy’ubuhinzi muri Afurika hagati y’umwaka wa 2015-2025, binyuze muri gahunda yiswe Framework of the Comprehensive Africa Agriculture Development Programme (CAADP). b.Mu bihugu 51 biguze uwo muryango byagaragaje intambwe byateye mu gushyira mu bikorwa Malabo Declaration mu igenzura ryo muri 2021 riba buri myaka ibiri, igihugu kimwe rukumbi, u Rwanda, nicyo kiri mu nzira nziza yo kugera ku ntego za CAADP z’i Malabo mu mwaka wa 2025. c.Ikibazo umuntu yakwibaza n’uburyo u Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere mu gihe hari ibintu byibaza bigaragaza ko u Rwanda ruri inyuma cyane d.Kongera ishoramari mu buhinzi byarabananiye aho basabwa gushyiramo 10% y'ingengo y'imari. 2.Ikibazo cyo gufungura umupaka uhuza u Rwanda nu Burundi gikomeje kugarukwaho mu binyamakuru. a.Ibitangazamakuru mpuzamahanga bikomeje kugaruka ku kibazo cy'umupaka uhuza u Rwanda