Radioitahuka

BURUNDI :UMUPAKA NTABWO UZAFUNGURWA U RWANDA RUTARATANGA ABO RUCUMBIKIYE BAKOZE

Informações:

Sinopsis

1.Abadepite basabye Minisitiri w'ibikorwa remezo kugaragaza abagize uruhare mu kudindiza umushinga wa BioGaz. a.Ikibazo cy'imishinga itwara akayabo igihugu ariko ntigire umusaruro izanira abanyarwanda. b.Biogaz ni imwe muri iyo mishinga ikomeje kugaragazwa ko yizwe nabi mu Nteko- Nshingamategeko. 2.Amb. Albert Shingiro yakuriye inzira ku murima Leta yu Rwanda ku kibazo cyo gufungura umupaka uruhuza nu Burundi. a. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burundi Albert Shingiro yavuze ko u Burundi butazafungura imipaka iruhuza nu Rwanda  mbere yuko ikibazo cy’abashatse guhirika ubutegetsi mu Burundi gikemutse. b.Yavuze ko ibiganiro bigeze ku ntera nziza ishimishije , ariko ko imipaka idashobora gufunguka ubungubu kitaracyemuka. 3.Abanyarwanda ubwabo nibo bazakuraho FPR Inkotanyi igihe bazumva ko ari ngombwa. a.Igihe abanyarwanda bazumva koko ko ubutegetsi bubarambiye bazahaguruka babuhindure. b.Abumva abanyamahanga bagomba kugirira impuhwe abanyarwanda, babanze barebe Intambara ya Russia na Ukraine uko bir