Radioitahuka

ABAHINZI B'IBIRAYI BARAHENDWA KU BIRAYI BYABO, BAGAHUNGIRA IMYENDA MURI RDC

Informações:

Sinopsis

1. Covid &çyaba yarabaye urwitwazo rwo kwiharira isoko ku bafite utubari n'amahoteli bikomeye? Abacuruza mu tubari duto ngo basigaye bacuruza bihishe kuko nta burenganzira bafite bwo gukora, gandi badashobora kuzuza ibisabwa na RDB ngo bafungurirwe kimwe nk'abafite, utubari n'amahoteli binini. 2.Covid 19 yakoze ku bahinzi, iyo usuzumye muri rusange ubona ko abahinzi bahingira isoko bahombejwe cyane n'icyorezo cya covid, ukabona kandi ko Leta itabitayeho kuko bataboneka mu bihutirwa gufashwa n'ikigega nzahurabukungu. 3.Nkuko twakunze kubivuga muri ejo heza hashobora kuba harimo itekinika ry'imibare, ikigamije kikaba ari ukwerekana umubare munini w'abizigamiye hatitawe kureba icyo bazigamye.