Informações:
Sinopsis
1.Umwaka ushize Abanyarwanda barenga 2000 basabye ubuhungiro mpuzamahanga. a.Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) rifite ibihumbi n’ibihumbi bitegereje gusaba ubuhungiro n’Abanyarwanda bahunga igihugu cyabo. b.amakuru aturuka muri iki kigo agaragaza ko, nubwo guverinoma yashyizeho ingufu nyinshi mu guhagarika impunzi ndetse n’ubutegetsi bwa FPR bumaze igihe kirekire buvuga ko bwifuza guhagarika impamvu zitera ubuhunzi, UNHCR iravuga ko abanyarwanda bakomeje guhunga. c.Umwaka wa 2020, UNHCR iravuga ko hari abanyarwanda basabye ubuhugiro bagera kuri 2,364. d.Umuryango w'abibumbye uvuga ko ufite undi mubare w'abanyarwanda basaga 23,776 nabo bavuga ko ari impunzi, kandi bikaba mu nshingano za UNHCR mu kwitabwaho. e.Umubare w'abantu biyandikishije muri UNHCR nk'impunzi z'abanyarwanda mu bihugu bitandukanye mu mpera za 2020, wageraga ku 245.800. f. Imibare y’umuryango w’abibumbye yerekana ko iki kigo gifite abanyarwanda 287.175 mu bitabo byabo kugeza magingo aya. g. Bisobanuye ko mu gihe c