Radioitahuka

Informações:

Sinopsis

1.Bimwe mu bigo bikomeye mu Rwanda byanze ko umugenzuzi w'imari abigenzura. a.Umugenzuzi Mukuru w'Imari ya Leta asabwa n'amategeko gusuzuma ibitabo bya konti ya guverinoma ikubiyemo amafaranga yose yinjira n'ayakoreshejwe. b.Umugenzuzi mukuru w'imari ya Leta, agenzura ikigo icyo aricyo cyose Leta yashoyemo amafaranga y'abanyarwanda. c. Umugenzuzi mukuru w'imari ya Leta, Obadia Biraro na we ashyikiriza Inteko Nshingamategeko ubugenzuzi bwa buri mwaka. d.ibigo 24 ntabwo byigeze biha umugenzunzi w'imari ibitabo byabo,  nyamara byagomba kohereza ibitabo byabo kuri konti muri AG batabimubajije. Hamwe na hamwe, ibyo bigo bifite agaciro ka Rwf 2,263.333.800,608 (cyangwa hafi miliyari 2.3 z'amadolari cyangwa arenga 20% by'umusaruro rusange w'igihugu). 2.South Africa yamaze kohereza  itsinda ry'abasirikare " advance party" bagiye kureba imiterere y'iyi ntambara iri muri Mozambique. a.Ubuyobozi buravuga ko bwahisemo kohereza iri tsinda ngo rijye kureba niba ibisabwa byose byarabonetse. b.Itsinda ry'abasirikare b