Radioitahuka

Informações:

Sinopsis

1.Paul Kagame amaze kuba ikivume mu ruhando mpuzamahanga aho akomeje kugaragaza ibikorwa by'iterabwoba. a.Perezida wa Afurika y'Epfo, Cyril Ramaphosa, yagaragaye ku rutonde rwabo Leta yu Rwanda yagerageje kwinjirira biciye muri Pegasus mu mwaka wa 2019. b.Emmanuel Macron, Perezida w’Ubufaransa, nawe ari ku rutondo rwaho igihugu cya  Maroc  cyagerageje kumwijirana mu mwaka wa  2019, Umwe mu bayobozi ba Élysée yagize ati: “Niba ibi bigaragaye ko byabaye  biragaragaza  ko bikomeye, umucyo wose waya makuru uzajya ahagaragara. c.Tedros Adhanom Ghebreyesus, umuyobozi mukuru w’umuryango w’ubuzima ku isi, na we bigaragara ko yibasiwe n'igihugu cya  Maroc muri 2019. d.Charles Michel perezida w’akanama k’ibihugu by’i Burayi, bigaragara ko yatoranijwe n'igihugu cya Maroc mu 2019 ubwo yari minisitiri w’intebe w’Ububiligi. e.Etienne Mutabazi, Frank Ntwali , Gatera Gashabana, Kennedy Gihana n'abandi benshi. f.Ishimutwa rya Cassien Ntamuhanga, naryo rwavuzwe muri iyo  raporo. g..Nomero za terefone zirenga 3.500 z'aba