Informações:
Sinopsis
1.Paul Kagame amaze kuba ikivume mu ruhando mpuzamahanga aho akomeje kugaragaza ibikorwa by'iterabwoba. a.Perezida wa Afurika y'Epfo, Cyril Ramaphosa, yagaragaye ku rutonde rwabo Leta yu Rwanda yagerageje kwinjirira biciye muri Pegasus mu mwaka wa 2019. b.Emmanuel Macron, Perezida w’Ubufaransa, nawe ari ku rutondo rwaho igihugu cya Maroc cyagerageje kumwijirana mu mwaka wa 2019, Umwe mu bayobozi ba Élysée yagize ati: “Niba ibi bigaragaye ko byabaye biragaragaza ko bikomeye, umucyo wose waya makuru uzajya ahagaragara. c.Tedros Adhanom Ghebreyesus, umuyobozi mukuru w’umuryango w’ubuzima ku isi, na we bigaragara ko yibasiwe n'igihugu cya Maroc muri 2019. d.Charles Michel perezida w’akanama k’ibihugu by’i Burayi, bigaragara ko yatoranijwe n'igihugu cya Maroc mu 2019 ubwo yari minisitiri w’intebe w’Ububiligi. e.Etienne Mutabazi, Frank Ntwali , Gatera Gashabana, Kennedy Gihana n'abandi benshi. f.Ishimutwa rya Cassien Ntamuhanga, naryo rwavuzwe muri iyo raporo. g..Nomero za terefone zirenga 3.500 z'aba