Radioitahuka
SA & RWANDA : IMPAKA ZERUYE MU BIGANIRO BY'IMIBANIRE Y'IBIHUGU BYOMBI
- Autor: Vários
- Narrador: Vários
- Editor: Podcast
- Duración: 3:18:00
- Mas informaciones
Informações:
Sinopsis
1.Ni ikihe kiguzi cyo guhuza umubano w'Aurika y'Epfo nu Rwanda? a.Intumwa za Afurika y'Epfo mu rugendo rwa kazi i Kigali mu Rwanda. b.Nkuko byatangajwe na Institute for Security Studies " ISS" uyu munsi , bavuze ko itsinda rya Tekinike ryashyizweho na Minisitiri Pandor na Biruta ryahuriye mu kazi k'iminsi 2 i Kigali mu Rwanda. c.High Commissioner to Rwanda Mandisi Mpahlwa yabwiye ISS ko uyu munsi bagize impaka zeruye mu nama yagenze neza ku bibazo bifitanye isano mu mibanire y'ibihugu byombi. d.Yavuze ko raporo izashyikirizwa ba minisitiri b’ububanyi n’amahanga bombi, bakazisuzuma mu nama ya mbere y’ubufatanye bwabo. 2.U Rwanda rwatangiye kohereza abasirikare n’abapolisi muri Mozambique. a.Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Ronald Rwivanga, yatangarije Reuters ko ingabo za RDF zizaba zimaze koherezwa zose bitarenze ku wa gatandatu. b.Ambasaderi w’Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi yahaye uruhushya "green light " rwo gushyiraho ubutumwa bwa gisirikare muri Mozambike kugira ngo bufashe gutoza ingabo za