Informações:
Sinopsis
1.Mu bushakashatsi cyakoze muri 2019/20, ngo ikigo cy’ibeshyeshyamibare kiratangaza ko abanyarwanda 51% ‚batifuza kongera kubyara ngo muribo hakaba harimo n’abifungishije burundu ( kigalitoday 7.7.2021) . Haribazwa ikihishe inyuma y’iki cyemezo kiremereye. Byaba bifitanye isano n’ubukangurambaga bwa Leta ubundi yanateganyaga ko muri 2020 umugore w’umunyarwandakazi azaba abyara abana 3 bavuye kuli 5,8 muli 2000 ? uko bihagaze ubu ngo umugore wo mu mujyi arabyara abana 3,4 uwo um cyaro akabyara 4,3. 2. Ku itariki ya 6.7.2021 U Rwanda rwashyizwe ku rutonde rw’ibihugu biri mu murongo utukura mu kwndura covid 19. ( Centre for Desease Contol and Prevention , CDC). Iyi nkuru ihuriranye n’uko OMS yamaze gutangaza ko variant Delta batinya cyane ubu imaze kugera mu bihugu 96, hakiyongeraho ko u Rwanda ngo kubera ubwiyongere bwa Covid 19 bugiye gutuma Leta leta ishora miliyari 4 frws mu byuma bitunganya umwuka (igihe.com 8.7.2021). Mu gihe Kagame yizeza abanyarwanda ko azakora inkingo za Covid 19, ibindi bihugu b