Informações:
Sinopsis
1.Igihugu gihora gitekinika imibare kikagura amaraporo akivuga neza ko nta ruswa kigira, u Rwanda rwa Kagame ruswa ntihari gusa, ahubwo yageze n’aho itagombye kugera, ibintu biha u Rwanda isura y’igihugu cyamunzwe na ruswa kugeza n’aho itangwa mu burezi haba mu kwandika abanyeshuri batujuje ibyangombwa muri za Kaminuza, kugura amanota. Ibintu nk’ibi tubiheruka muri Zaire ya Mobutu. HEC iratangaza ko yatahuye Kaminuza zigenga , kandi ni zo nyinshi mu Rwada, zakira abanyeshuri batemerewe kwiga muri kaminuza kuko ngo bamwe baba baratsinwe ayisumbuye. Uyoboye HEC akibaza ukuntu umuntu yatsinda Kaminuza yarananiwe gutsinda ayisumbuye. 2.Wa mushinga wa kagame wiswe One Laptop Per Child cg se mudasobwa kuri buri mwana Leta yamaze kwishyura 99% ngo waguye um mazi bidasubirwaho, kuko umugenzuzi w’imari ya Leta avuga ko software na Hardware bidakorana. Izi mudasobwa zazanywe mu gihugu kibura ibintu by’ibanze nk’amashanyarazi na Internet, tukibaza uko zizakoreshwa. 3.Covid 19: Kigali today irandika inkuru ivuga kom