Radioitahuka

[

Informações:

Sinopsis

1.Ikinyamakuru igihe.com cya Kagame giherutse kwandika inkuru igira iti :“itegeko rishya rigenga ubutaka ryakubise ku mwotso ku bibazo byatakishaga abaturage „. Nyamara winjiye muli iryo tegeko rishya ubona ko ibibazo nyamukuru bitakemutse kuko ibibazo nka bitatu byingenzi twakunze kunenga twivuye inyuma kandi bikomeretsa itegeko nshinga biracyari u mu itegeko ry’ubutaka. a.Kwambura abanyarwanda umutungo wabo bwite w‘ubutaka babonye mu buryo butandukanye ukawugira uwa Leta biracyagaragara mu ngingo ya 3 yo mu itegeko rishya ryo ku wa 10.06.2021.  ikibazo cyo gukomeretsa ingingo yo mu itegeko nshinga ivuga ko umutungo w’umuntu ari ntavogerwa, n’abasenateri ba kadahumeka baherutse gushimangira, ntikigeze gikemurwa muli Ili tegeko rishya ry’ubutaka. b.Ububasha bwo kwambura abaturage ubutaka mu gihe batabukoresheje uko leta ishaka cg batabashije kubusorera nabwo  buraboneka. Mu itegeko rishya babyise“ gufatira ubutaka“ butabyazwa umusaruro ( igingo ya 70), kandi mu ngingo ya 65, havugwa ufite ubutaka bwagen