Radioitahuka

[

Informações:

Sinopsis

1.Aba Diplomates b'abanyarwanda mu bikorwa bya Magendu yo kugurisha inzoga muri Afurika y'Epfo mu buryo bunyuranyijwe n'amategeko. a.Nkuko bitangazwa na South African Revenue Service , ivuga ko yakoze iperereza kuva muri 2019 yasanze hari aba Diplomates bagura inzoga muri Duty Free bakazicuruza hanze. b.News24 ivuga ko ifite raporo y'iperereza ryakozwe na South African Revenue Service , aho bavugamo U Rwanda, Lesotho, Ghana, Gineya, Malawe ndetse n'u Burundi. 2.Uganda na Congo bakomeje ibikorwa by'iterambere "iyubakwa ry'umuhanda uhuza ibihugu 2" a.Project yo kubaka umuhanda uhuza Uganda nu Burundi. b.Project yo kubaka umuhanda uhuza Uganda na Congo. 3.U Rwanda rwasubije Uganda umusirikare wa UPDF bivugwa ko yashimuswe na RDF. a.Private Bakulu Muhuba ni umusirikare wa Uganda washimuswe ahagana mu ma saa 5:50pm   ku cyumweru ubwo yari mu i mu mudugudu wa Kamanyana-Maamaze, umurenge wa Cyanika mu karere ka Burera, Intara y’Amajyaruguru. b.Itanganzo rya RDF irivuga ko yafatiwe mu Rwanda kuwa gatandatu