Radioitahuka
Radio Itahuka : U Rwanda rukomeje gukwirakwiza ibihuha mu gihe President M7
- Autor: Vários
- Narrador: Vários
- Editor: Podcast
- Duración: 3:02:00
- Mas informaciones
Informações:
Sinopsis
1.Ubwisanzure bw'itangazamakuru mu Rwanda rihagaze rite muri ibi bihe? 2.Ubutegetsi bukomeje gutoteza abanyamakuru biciye m’ Urwego rw’abanyamakuru bigenzura (RMC) ifata iyambere mu kwamagana abanyamakuru aho kubashyigikira. 3.Ibitangazamakuru bya Rutwitsi bikomeje kubiba amacakubiri muri Community z'abanyarwanda. Turaza kureba ibyo Rushyashya yanditse ku banyarwanda baba muri Australia. 4.President Museveni azarahira ejo mu mujyi wa Kampala aho bita Kololo. a.Umutekano ukomeje gukazwa muri Uganda mbere yaho President Museveni azarahira ejo kuwa gatatu taliki 12/05/2021. 5.Abakuru b'ibihugu bitandukanye bamaze kugera muri Uganda abandi bategerejwe ejo mu gitondo. a.Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Prof Nshuti Manasseh, niwe uzahagararira Paul Kagame. b.Ibinyamakuru bya Kagame byashatse guca amazi President Evariste Ndayishimiye. c.Museveni ‘Yatije’ Perezida wu Burundi indege ngo imuzane mu irahira rye. 6.Isubikwa