Informações:
Sinopsis
1.IBUKA yariye karungu nyuma y’aho u Bufaransa buhagaritse gukurikirana abasirikare bakekwaho uruhare muri Jenoside. a.Umuryango Uharanira inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi, IBUKA wababajwe bikomeye n’umwanzuro w’ubushinjacyaha bw’u Bufaransa. b.Umuyobozi w’agateganyo wa IBUKA , Nkuranga Egide, yabwiye IGIHE ko kuba ubushinjacyaha bwa Paris butinyuka kuvuga ko nta ruhare ingabo zabo zagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi. 2.Isiganwa ry'amagare mu Rwanda rirakomeje mu gihe umuyobozi wa Komite y'amagare yavuze ko U Rwanda ari cyo gihugu aha amahirwe yo kuzakira isiganwa ry'amagare ku Isi"Rwanda favourite to host first African Road World Championships in 2025 ". a.Ejo kuwa mbere Paul Kagame yakiriye mu biro bye David Lappartient, Perezida w’umuryango mpuzamahanga w’amagare. b.David Lappartient yatangaje ko u Rwanda ruzahatanira uwo mwanya wo kwakira irushanwa ry'amagare n'igihugu cya Morocco. c.Kagame bazamugaye ibindi ariko akunda ibintu bishashagirana, muri uku kwezi u Rwanda ru