Informações:
Sinopsis
1.Minisitiri w’Ubwongereza muri Commonwealth agiye gusura u Rwanda ngo arebe imyiteguro y'inama ya CHOGM. a.Ikinyamakuru cya Mirage News cyatangaje ko Minisitiri Ahmad of Wimbledon azakorera urugendo rw'iminsi 2 mu Rwanda murwego rwo kureba aho imyiteguro y'inama ya CHOGM igeze. b.Minisitiri azibonera imbonankubone abayobozi ba guverinoma y'u Rwanda arebe aho imyitegoro , umutekano nibindi bigeze. c.The UK commends Rwanda’s work on its planning for a safe and secure meeting of the Commonwealth family at CHOGM 2021. d.Icyo azibandaho ni ukugenzura uko inama izaba iteguye kandi ifite umutekano. 2.Amasezeraho hagati yu Rwanda na Denmark mu gukemura ibibazo by'impunzi muri Afurika. a.U Rwanda rwitezweho kuzasangiza Denmark ubunararibonye bwarwo ku buryo bwiza bwo gukemura ikibazo cy’ubuhunzi ku rwego mpuzamahanga. b.U Rwanda rugiye kuba HUB y'impunzi muri Afurika , Nyuma yaho umuyobozi wa HCR agiriye uruzinduko mu Rwanda agashima Paul Kagame ko akomeje gukorana neza n'uyu muryango , Denmark nayo iteye ikirenge