Informações:
Sinopsis
1.Umuryango Freedom House ushyira u Rwanda mu bihugu bitanu kwisi bikabije mu gutoteza batavuga rumwe nabyo baba um mahanga no gutoteza abo mu miryango yabo baba mu gihugu. I Geneve Kagame yambitswe ubusa aho ibihugu hafi ijana byamuhaye umukoro w’ibyo agomba gukosora mu burenganzira bwa muntu,muri hapiness index, u Rwanda ruraza mu bihugu 5 bya nyuma bifite ku Isi mu kugira abaturage bishimye. Mu byerekeyeubwisanzure bw’itangaza makuru ruraza ku mwanya wa 156 mu bihugu 180. Igisubizo cya Kagame kuri ibi byose nti kibaye kubikosora cg gutangaza ibigiye gukosorwa, ahubwo bibaye gucurisha / kudodesha raporo igira u Rwanda urwa kabiri muri Afrika mu kubahiriza amategeko( igihe.com, 21.04.2021). Utagera we ntagereranya ? Umuntu yaba mu ba mbere mu kubahiriza amategekoakaza ku isonga mu bihugu bitoteza abatavuga rumwe n’ubutegetsi no gutoteza itangazamakurugute? Ibyo bijyana gute? 2. Ministre Gatabazingo umuyobozi w’Umudugugu bazasanga ucururizwamo ibiyobyabwenge atarabimenyesheje azajya yegura( kigali today21.04