Radioitahuka

ABASENATERI BARAVUGURUZA ITEGEKO RY’UBUTAKA. NI UKURIPINGA CYANGWA NI UKUTAME

Informações:

Sinopsis

Abasenateri bagaragaje impungenge  ku cyemezo cya Leta cyo  kwiyandikaho ubutaka bw‘abaturage(igihe.com, 17.03.2021).  duherutse kuvugaka impamvu um Rwanda ubu hari igisa vacum cg se icyuho cy’ubutegetsi, aho abadepite n’abasenateri bataye inshingano zabo . ibibazo bikaza bikabura ubikemura  abaturage ubwabo  nka Idammange, abanyamakuru bakorera kuli youtube akaba aribo bahagurukura bagakorera ubuvugizi abaturage,   bamwebagafungwa baregwa icyaha cyo kugumura rubanda. Abasenateri barabyumvise none ntiwamenya aho bavumbutse batangiye kubaza ibibazo byatewe n’uburangare bwabo cg se n’ubwoba bwabo. Ibibazo bitagombye kuba biriho ubu iyo ibibazo babifatira mu mizi. Ese abasenateri baba bazi ibyanditse mu itegeko ry’ubutaka bakavuga amagambo akurikira :  „ kuko birajyana n’uko umutungo w’umuntu ari ntavogerwa kuko n’ubwo abo bantu bahari ( batandikisha ubutaka)umutungo ni uwabo kandi itegeko ribemerera ko uko wabubonye kose ukurikije umuco,waba earabuguze,buguma ari ubwawe ahasigaye kubwandikisha  akaba ari ukugi