Radioitahuka

[

Informações:

Sinopsis

UMWANZURO KU RWANDA W‘ INTEKO Y’IBIHUGUGU BY’IBURAYI 1. Abadepite batabarika baturuka mu mshyaka atandukanye agize inteko y’ibihgu by’iburayi bateguye umwanzuro ku kibazo cya Paul rusesabagina, uwo mwanzuro ukaba ugomba kugezwa ku nzego nyinshi turi bubasomere zaba izo mu Burayi, ONU, ACP-UE, AU, EAC, abavoka ba Rusesabagina, na Prezida w’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda. Inteko ishinga amategeko y’ibihugu by’iburayi. 2. Ikibazo cya Yvonne Idamange si ikibazo cy’abacikacumu , ni ikibazo cy’abanarwanda bose, ni ikibazo cy’ubwisanzure muli gutanga ibitekerezo, ni ikibazo cy’uburenganzira bwo kunenga imiyoborere y’igihugu cyawe. Ni ikibazo cyo kwanga gucecekeshwa, kwamikwa agapfukamunwa. Ibuka kuki itahagurutse ngo isakuze kubera umucikacumu Dominiko Rutaganda w’i Gitwe wageretsweho kwica abatutsikazi , kandi byarakozwe kumanywa y‘ihangu n’inzego za Komini muli 1994? Ikindi abamuhimbira ibyaha ni abo muli Ibuka, Ibuka ikoreshwa na nde ? 3. Covid19 ngo yashegeshe ubukungu bw’U Rwanda. Ngo kubera covid 19,