Informações:
Sinopsis
1.Banki y’Isi igiye gutera u Rwanda inkunga ya miliyoni 500$. a.U Rwanda rukomeje gufata amadeni umunsi ku munsi muri ibi bihe bya Covid-19. b.Aya mafarana azafasha u Rwanda gukwirakwiza inkingo mu Rwanda hose. c.Kubaka urwego rw’ubuhinzi no gutera inkunga ibigo bito n’ibiciriritse , guteza imbere ikoranabuhanga mu banyarwanda. d.Ibyiyi nguzanyo baravuga ko bitaranonosorwa neza. 2.Abantu bakomeje gushinja Yvonne Idamange Iryamugwiza, akaba akomeje kwibasirwa cyane. a.Idamange ibyo yavuze ni ukuri kwambaye ubusa kandi twarabishimangiye mu biganiro bya Radio Itahuka. b.Taliki ya 20/03/2020 Hari Video twabagejejeho yahamagariraga abanyamahanga gutanga inkunga ku rwibutso rwa Genocide. c.Niki cyatumye iyo Video bayisiba ? Ese byatwe nikimwaro bahuye nacyo mugusabira amafaranga hejuru y'imibiri iri mu rwibutso? 3.Kagame niwe wigeze kubwira abashoramari mu Rwanda ko hari ingaruka zo gukena mu Rwanda. a.Kagame ati : "Gukene gukena bitera ingaruka ziremereye, abaturage bagasenya ibikuta by'ab