Radioitahuka

[

Informações:

Sinopsis

1. Min Johnston Busingye  yashimye ibihugu byose byatanze  recommendation kubirebana n'uburenganzira bwa muntu. a.Johnston Busingye  yamaganye ko nta "Safe House " inzu zifungirwamo abantu mu buryo butazwi mu Rwanda. b.Minisitiri Busingye yamaganye abashinja u Rwanda kugira inzu zitazwi zifungirwamo abantu. c.Ibihugu hafi 99 byose byatanze Recommandation zijya gusa hafi 90% zisa ko uburenganzira bwa muntu bwakwitabwaho mu Rwanda. 2.Abakuru b'ibihugu bo mu muryango wa EAC " Africa y'uburengerezuba bazateranira Arusha taliki ya 27/02/2021. a.Umunyamabanga Mukuru wa EAC Bwana Liberat Mfumukeko yatangaje ko yatumije inama isanzwe ya 40 itazerana kuva taliki 22 kugeza 25 z'ukwezi kwa 2 b.Hakazakurikiraho inama y'abakuru b'ibihugu izaba taliki ya 27/02/2021. c.Hateganyijwe amatora y'umunyamabanga mukuru wa EAC ugomba gutorerwa muri iyi nama. d.Ese Paul Kagame azemera kujya muri Arusha Tanzaniya ? Cyangwa azasaba ko inama iba bakoresheje ikoranabuhanga? 3.Urubanza rwa Paul Rusesabagina n'abandi baregarwa