Informações:
Sinopsis
1.RIB iravuga ko Muvunyi Paul Akurikiranyweho Guhimba Sinya "Umukono". a. (Rtd) Col Ruzibiza araregwa kurangira ubutaka Paul Muvunyi. b. Espérance Mukamana uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubutaka yanze kugira icyo abitangazaho. c.Ubu butaka Paul Muvunyi yabuguze mu mwaka wa 2013 abugura muri Karongi. d.Paul Muvunyi yabwiye RIB ati:"Niba hari umuntu ushaka kiriya kibanza nagitware ariko nigirire amahoro, ati nubwo nta mafaranga yaba afite yo kukigura." e.Ikigo gikora mu by’ubucukuzi bwa gas KivuWatt nicyo cyagiye muri RDB gukora iperereza ku mutungo wa Paul Muvunyi gisanga ngo harimo ibibazo . f.KivuWatt yari kwishyura Paul Muvunyi millions zisaga 6.8Frw. 2.Itegeko rishya rya RSSB rishobora kuba rigiye kunganira RRA" Rwanda Revenue Authority mu gusubiza ku isuka abashoramari nyarwanda. a.Nkuko twabibagejejeho ejo hashize turakomeza tureba zimwe mu ngingo ziri muri iri tegeko rishyiraho ikigo cya RSSB nka kimwe mubigo by'ubucuruzi 2. 3.Radio Itahuka yabonye amakuru avuga ko indege y'abarusiya izana