Radioitahuka

[

Informações:

Sinopsis

1.Edouard Ngirente yari m unteko uyu munsi aho yagaragarije inteko rusange imitwe yombi ibikorwa bya Goverinema mu rwego rw'uburezi. a.Edouard Ngirente yavuze ko Leta yakomeje gushishikariza ababyeyi bagomba kugaburira abana ku mashuri. b.Ngirente ati:"Leta ntabwo ishobora kugaburira abana yonyine." c.Ngirente ati:" Twashyize abarimu mu byiciro by'uburezi, ubundi se kubera iki abanyeshuri biga "Uburezi" bugiye bateshwa agaciro." d.Leta izanye Free Education " kugirango abarimu babashe kuboneka Leta igiye kujya itanga bourses d'étude kubashaka kwiga "Uburezi". 2.Edouard Ngirente yavuze ko ibigo by'amashuri bitabasha kubona Loan muri banki z'ubucuruzi zitabaza koperative Umwalimu SACCO. a.Nigute umuntu ashinga Ishuri, akaba atemerewe kubona inguzanyo muri banki z'ubucuruzi ahubwo bakamwohereza muri Sacco? b.Ikindi Ngirente yavuze giteye kwibaza byinshi naho avuga ko amashuri yigenga nayo agana ikigega cyo kugoboka abagizweho ingaruka na Covid-19. c.Habineza yabwiye PM Ngirente ko abana ndetse n'abarimu