Radioitahuka

[

Informações:

Sinopsis

1.Amb Claver Gatete ati:"U Rwanda ni urwa mbere mu kugira ikibuga cy'indege kizewe mu mutekano ku Isi." a.Uyu munsi Amb Claver Gatete yabwiye Inteko Nshingamategeko ko u Rwanda ari cyo gihugu cya mbere kizewe mu mutekano w'abantu ku Isi. b.Ubushakashatsi bwagaragaje ko u Rwanda rufite ibikoresho bigezweho cyane cyane muri iki gihe cya Covid-19. c.Amb Claver Gatete ati:"Ubu u Rwanda rugiye kuba icyicaro cy'urujya n'uruza mu bucuruzi n'ubwikorezi mu bijyanye n'indege." d.Tumaze gusinyana amasezerano n'ibihugu birenga hafi 100. e.U Rwanda ni igihugu cyashyize imbere Politike ya Tourism "Ubukerarugendo " mu guteza imbere ubukungu bwu Rwanda. f.Amb Claver Gatete ati:"Nari niteguye ibibazo byinshi none nsanze abadepite bacu basobanukiwe na Air Transport." 2.Ni iki kihishe inyuma y’igabanuka ry’abikorera mu Rwanda? a.Abikorera baravuga ko abaturage batakaje ubushobozi bwo kugura (Purchasing Power) bituma hari ababura abakiliya bagafunga imiryango bagahitamo gukorera abandi. b.Umwe yagize ati “Abat