Informações:
Sinopsis
1.Ipiganwa riciye m'umucyo rizaboneka ryari mu Rwanda "Transparent ? a.Ese ikigo QA Venue Solutions kivuga ko cyatsindiye gucunga Kigali Arena cyaba byarabigezeho gite? b.Radio Itahuka yabakoreye iperereza m'uburyo Kagame akomeje kuza mubikorwa bya Mafia mu Rwanda. c.QA Venue Solutions yatsindiye isoko nta Competion ibaye" Ipiganwa mu isoko". 2.Raporo ya Komisiyo y'abakozi ba Leta yagaragarije Inteko Nshingamategeko amanyanga akorwa mu kubona akazi mu Rwanda. a. Raporo ubwayo igaragaza ikibazo mu kubona akazi mu Rwanda ko hakorwa amakosa akomeye kandi ateye impungenge mu kubona akazi. b.Raporo yagaragaje ko mu mwaka wa 2019 hatangajwe imyanya ikenewe y'abakozi ingana na 2,021. c.Abasabye akazi bose bangana na 258,914. d.Abatoranyijwe kuri iyo myanya ni 149,835 (57.8%). e.Abitabiriye amapiganwa ni 52,187 (34.8% by’abatoranyijwe). 3.Imibare y'ikigo mbarurishamibare irakemangwa n'abanyarwanda benshi. a. National Institute of Statistics of Rwanda iherutse gusohora imibare igaragaza ko ubu