Informações:
Sinopsis
1.Kubura imbuto biranze bibaye indwara idakira. NAEB ngo iraregwa gutanga imbubto zatwaye akayabo ka miliyoni 136 ariko ntizifate, muri Rwamagana ngo yatanze ingemwe za macadamia muri zo hafata 40% gusa( igihe 15.09.2020) Muhanga imbuto y’ibirayi ikiro kimwe kiragura 800frws kandi ngo ubundi itagombye kurenza 600frws (umusek.rw 16.09.2020). Muri Nyaruguru iragura amafranga 1000 kandi ubundi ngo ubusanzwe yaraguraga 350-600frws (igihe.com 16.09.2020). Cassien Karangwa ,umuyobozi muli Minicom arapfobya ikibazo haba mu mafranga ( 500frws) , haba mu buremere bwacyo, kuko ivuga ko igitangaza kirimo ko imbuto ihenda muri iyi saison kuko ngo ari ibisanzwe. Umuntu akibaza impamvu nta cyo Leta yakoze kandi ituwe izi ko ikikibazo ari "ingarukamwaka“ . 2.Ubushakashatsi bwakorewe na USAID mu Rwanda ngo bwagaragaje ko gufashisha abakene amafaranga bitanga umusaruro kurusha kubaha amahugurwa cg ibiribwa (igihe.com 16.09.2020) Ibi bikwiye guhindura iki muri gahunda za Leta y’agatsiko aho usanga u Rwanda rujya gufata imyend