Radioitahuka

[

Informações:

Sinopsis

1.Uturere dutandukanye duhora dutekinika umubare w’abana bagwingiye. Mugihe abana bari munsi y’imyaka 5 ari hafi 8% by’abaturage bose miliyoni 12 (abana ibihumbi 960) kandi muri abo 960.000 muri bo 38% bakaba barangwingiye (abana 364.000). Buli karere mu turere 30 tugize igihu gafite hafi ibihumbi 10 by’abana bangwingiye, umubare ukaba ushobora kurengaho gato cg ukagabanukaho gato bitewe n’umubare w’abaturage na ndetse na % yo kugwingira bafite, kuko 38% ni impuzandengo hamwe bashobora kugira 37% handi 42%. 2.Ubufsha bwatanzwe n’imiryango ituwe ifasha abatishoboye n’abugarijwe n’ibiza ntisonera Leta inshingano zayo. Imiryango Croix-Rouge, Plan International na Community Socio- Economic Initiative (SCDI) ikorera mu Rwanda irasa n’aho itanga imfashanyo Leta ikayiyitirira, ikamurika ibyakozwe n’iriya miryango aho gusobanura impamvu itagobotse abantu batakaje akazi bitewe na Covid-19 . 3.Ingamba nshya zo kwirinda Covid-19 zikomeje guhungabanya abantu. Rwanda Broadcasting Agency iratubwira ko abantu 700 barajwe