Informações:
Sinopsis
1.Ingaruka za Covid-19 zitangiye kwigaragaza mu bukungu bw’igihugu. Amasosiyete y’ubucuruzi 28 amaze gusaba gusibwa mu gitabo cy’amasososiyete y’ubucuruzi. Muriyo harimo ikigo cyigisha ubuganga. Ibigo by’amashuri byigenga byaba bigiye gusaba guseswa kubera ibibazo byatewe na covid-19, hiyongereyo amananiza Leta yabishyizeho ? Ya myenda ya miliyoni 600 yo guhangana n’ingaruka za Covid-19 yasaranganijwe ate ?ariya masosiyete ahombye hari icyo bayafashishije ? bahera kuzihje critères iyo bafasha business kuzahuka ? ese ntihari benshi bazabwirwa ngo urapfe upfuye bakagenderako ? 2. Abauturage barashinjwa kudohoka mu kwirinda covid- 19 akaba ari byo bitumye yiyongera bikabije mu mujyi wa Kigali (abantu 278 mu minsi 4) ndetse Busingye akaba avuga ko GumaMurugo ya kabari bari kuyikozaho imitwe y’intoki kubera amakosa y’abaturage. Kudohoka birashoboka ariko se Leta yo ku giti cyayo yakoze ibihagije mu kurinda abaturage bayo ?