Informações:
Sinopsis
1.Ijambo rya Edouard Ngirente kuri gahunda ya Leta mu kuryanya Covid-19, riraburamo gahunda yo kwita ku batakaje akazi kubera icyorezo, guha biyiciro by’abakene ibyangombwa byose kugirango babashe kwirinda Covid-19. Ni ikinegu gikomeye kubona Leta ifata imyenda ya miliyoni 550 $. 2.Ibigo by’ubucuruzi, inganda n’amahoteli birahabwa inguzanyo kuli 5- 8% n’ikigega cyashyiriweho kurwanya covid-19, abarimu bo mu bigo byigenga bahagaritswe by’agateganyo abarimu bagahabwa inguzanyo kuli 13%. PM Ngirente aratubwira ko kuva mu kwa 4-6/ 2020, ubukerarugendo bwasubiye inyuma ho 99%, ati ntabwabayeho. 3.PM Ngirente aravuga ko Leta yahombye mu kugurisha amazi kuko abantu batakaje ubushobozi bwo kuyagura. Nyakubahwa PM Ngirente yadusobanurira niba abantu barabuze ubushobozi bwo kugura amazi kubera Covid-19, akaba abyivugira, bazabona minerval yo kurihira abana babo, bazabona mutuelle, bazabasha kugura amashanyarazi? Arabateganyiriza iki? 4.Covid-19 irimo kwiyongera cyane mu giturage cyo mu ku buryo ngo Rubavu hata