Informações:
Sinopsis
1.Min Dr. Ngamije Daniel yemeje igerageza ry'urukiko rwa Covid-19 ku banyarwanda ruzatangira vuba. a. Dr. Ngamije Daniel yari kumwe na Edourd Ngirente aho basobanuraga gahunda ya Leta muguhangana n'ingaruka za Covid-19. b.Asubiza ikibazo kirebana n'impamvu abanyarwanda badakora ubushakashatsi bwo kubona umuti wa COVID-19 Min Dr. Ngamije Daniel yashubije ko bisaba ibintu byinshi ariko ko hari hari ibigo bifite amasezerano nabo , ko bagiye gutangira gukora Clinical testing ku banyarwanda. 2.Dr Ngirente Edouard yatangaje ko atazi niba amashuri mu Rwanda azafungura kubera COVID-19. a.Abantu bakomeje kwibaza niba Leta y'agatsiko izabasha gushyiraho gahunda ituma amashuri afungura mu kwezi kwa 9. b.Ngirente yashimangiye ko abanyarwanda bagomba kwitegura kubana na COVID-19 ariko igitangaje ni uko nta gahunda y'uburezi Leta yabashije kugaragaza. 3.umunyemari Nkubili Alfred yajyanywe mu bitaro igitaraganye kubera Iyicaruboza rifatanye n'uburwayi. a.Radio Itahuka yabashije kumenya amakuru y'ubuzima bwa Nkubili